skol
fortebet

Ubuzima

Menya ibyiza byo kurya igihaza kubuzima bwawe

gihaza ni iki? Ibihaza biri mu biribwa byo mu muryango w’ibimera byitwa Cucurbitaceae. Bikunze (…)

RDC umubare wabanduye Ebola ukomeje kuzamuka

Minisiteri y’Ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko kugeza ku wa 4 (…)

Impungenge za Ebola zatumye Canada ishyiraho ingamba zidasanzwe ku mipaka

Ibihugu bitandukanye ku isi bikomeje kongera ingamba z’ubwirinzi ku mipaka no ku bibuga (…)

Si Intwaro Gusa: Uranium Itabara Ubuzima mu Buvuzi bugezweho

Nubwo benshi bazi uranium nk’icyuma gikomeye gikoreshwa mu gukora intwaro kirimbuzi, ifite (…)

Amerika: Abantu babiri bagaragaje ibimenyetso bya ‘Hantavirus’

Abantu babiri mu Banyamerika 17 bari mu bwato bwa M/V Hondius bwagaragayemo Hantavirus, (…)

Rulindo: Abaturage bahawe serivisi z’ubuvuzi bw’amaso ku buntu

Umugaba Wungirije ushinzwe Serivisi z’Ubuzima mu Ngabo z’u Rwanda, Brig Gen Dr John Nkurikiye, (…)

Menya indarwa ya Hantavirus n’ingamba u Rwanda rufite mu kuyikumira no kuyikurikiranira hafi

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima, RBC, cyatangaje ko inzego z’ubuzima zashyizeho ingamba zo (…)

Agakingirizo kagiye kugura umugabo gasibe undi

Uruganda rukomeye ku isi mu gukora udukingirizo, Karex Bhd, rwatangaje ko rugiye kuzamura (…)

U Rwanda mu bihugu bigiye guhabwa umuti urinda agakoko gatera Sida

Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’Ikigega Global Fund gishyira ingufu mu kurwanya SIDA, Igituntu na (…)

Karongi: Abantu 17 bakorewe ‘Plastic surgery’

Abantu 17 baherewe mu Bitaro bikuru bya Kibuye mu Karere ka Karongi, serivisi yo kubagwa (…)

Ngoma : Hatanzwe Imbagukiragutabara ifite agaciro ka miliyoni 140 frw

Ibitaro byigisha ku rwego rwa Kabiri bya Kibungo byahawe imbagukiragutabara ifite agaciro ka (…)

Imbwa mu nyamaswa zugarijwe n’agahinda gakabije kurusha izindi: Uko wakarinda iyawe

Ubushakashatsi butandukanye, nk’ubwasohotse mu kinyamakuru cya Science Direct mu wa 2020, (…)

Huye: Hafunguwe ikigo kizajya gihugurirwamo abaganga

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin, yafunguye ikigo gishinzwe guhugura abakozi bo mu (…)

Nyagatare:Rukomo inzu y’ababyeyi bubakiwe yabaye igisubizo ku bahabyarira

Abagana Ikigo Nderabuzima cya Rukomo mu Karere ka Nyagatare barishimira ko bubakiwe inzu (…)

Icyihishe inyuma y’ubwiyongere bw’inda ziterwa abangavu mu mboni z’abo mu Ngororero

Ingimbi n’abangavu biga ku ishuri rya GS Muhororo riherereye mu Murenge wa Gatumba mu Karere ka (…)